in

Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.

Mu myaka yashize ,higeze gusakara amakuru y’umusore ukomoka muri Nyamasheke ,warogeshejwe n’umukobwa bakundanaga ,amuziza ko yamuririye amafaranga ndetse n’isake ariko ntamushake.

Uyu musore witwa Miss Munyago asobanura ko kuri ubu arimo kwivuza nyuma yo kurogwa kugira ibitsina bibiri .Aganira na Isano TV yatangiye asobanura uko byamugendeye aho yavuze ko yariye amafaranga ibihumbi 200 byumukunzi we, ndetse nk’uko I Nyamasheke babigenza iyo umusore yasuye umukobwa bamubagira inkoko yisake ,nyuma yo kumwanga rero bikaba byaratumye amurogeza kuba umukobwa.

Yagize ati:”narabyutse nsanga mfite igitsina cy’umugabo n’icyumukobwa.nasanze nahindutse aho natangiye kumera amabere ndetse ntangira kujya no mu mihango.”

Uyu Miss Munyago w’i Nyamasheke yakomeje avuga ko kugira ngo uyu mukobwa  amuroge yamutwaye ifoto ye,n’umusatsi .Gusa ngo kuri ubu arimo kwivuza ndetse yatangiye gusubira kuba umuhungu nkuko yahoze.

Kanda hano hasi urebe video y’uyu musore:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.

Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .