Ikigocy’ubushakashasti,amateka ndetse n’imibare yp muri ruhago (Statistiques) cyo muri ESpanye kitwa CIHEFE,nyuma y;igihe kitari gito cyakoze urutonde rw’abakinnyi beza muri shampiyona ya La Liga yo muri Espanye,nta kabuza Lionel Messi aza ku mwanya wa mbere.
Lionel Messi watangiye ku myaka 17 akina muri iyo shampiyona kugeza ubu aka ari we mukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mateka yayo,ni we waje kuyobora uru rutonde.Ku mwanya wa kabiri hakaza umugabo Raul Gonzalez wakiniye ikipe ya Real Madrid,hagakurikira Cesar wakiniye ikipe ya Barcelone mu myaka ya kera.
Kubera hagendewe ku mikino yakinwe,ibitego byatsinzwe ndetse na assist zatanzwe,nibyo byatumye Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 17 mu bakinnyi 20 iki kigo cyashyize hanze nk’abakinnyi beza b’ibihe byose bakinnye muri La Liga.