in ,

Akumiro: isomere ibintu bidasanzwe birimo kuvugwa ku mugore wa Donald Trump

Umugore wa Donald Trump ariwe Melania Trump havumbuwe ibintu bikomeye asigaye akora nyuma yuko umugabo we atangiye kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika.

Related image
Melania Trump, umugore wa President Donald Trump

Nkuko tubikesha Dailymail, havumbuwe ko Melania Trump kuva aho abereye first lady cg se first mom ngo ntabwo yigeze ava muri White House ngo ajye kuba yakurikirana ibikorwa bijyanye no guteza imbere leta zunze ubumwe za Amerika, ahubwo ngo yarushijeho kwigumira muri White House. Ngo uko iminsi igenda irushaho kwicuma niko Melania Trump agenda arushaho kwikundira kuguma muri White House bitandukanye na mbere atarayigeramo kuko bwo yajyaga afata umwanya akaganira n’abandi baturage basanzwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ibabaje-Jose Felix Mourinho yitabye Imana

Abafana b’ikipe ya Real Madrid bari gutakira ubuyobozi ngo birukane umukinnyi wabo ukomeye