in , ,

AKUMIRO-I Londres hagiye gufungurwa inzu ndangamurage yagenewe igitsina cy’abagore

Mu gihe benshi bagira isoni zo kuvuga cyangwa kwerekana imyanya y’ibanga ku bagore,mu murwa mukuru w’Ubwongereza hagiye gufungurwa inzu ndangamurage (museum) yagenewe kwongera ubumenyi no kujijura kuri iyo myanya y’ibanga.

Umushakashatsi Florence Schechter niwe ugiye gutangiza iki gikorwa avuga ko kizagira abo cyungura byinshi cyane cyane ku bagabo baba batujije ubumenyi kandi babukenewe. Akomeza avuga ko nta hantu na hamwe iyo nzu ndagamurage iri kw’Isi kandi ari ibintu bikenewe bigomba kuba bihari.

Florence Schechter ushaka gutangiza icyo gikorwa

 

Muri iyo nzu hazamurikwa ubwoko bwose bw’ibitsinagore dore ko Florence ahamya ko ari byinshi kandi ko atari ibintu byagateye isoni.Gusa kugeza ubu nta baterankunga arabona ni umushinga ari gukora wenyine aracyasaba ubufasha ngo iyo nzu ndangamurage ifungurwe vuba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire impamvu itangaje yatumye Rihanna atandukana na Benzema

Uko Miss Kundwa Doriane asa nta birungo yisize ,ntawe bitatangaza (REBA AMAFOTO)