in

Akebo kajya iwa mugarura : Ibyo APR FC ikoze abakunzi ba ruhago ntabwo bisanzwe

Kuri uyu munsi nibwo ibiciro byo kwinjira mu mukino uzahuza wa kabiri w’igikombe cy’amahoro uzahuza APR FC na Rayon Sport bigiye hanze.

Nyuma y’uko abafana ba ruhago batishimiye ibiciro Rayon sport yari yabaciye ku mukino wa mbere Apr fc yo yaje ku byongera cyane aho i ticket ya make ari ibihumbi icumi (Regular: 10000).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore wambaye gisikare yarashe abantu batari bake mu isoko

Umugenzi utazi gutwara indege yakoreye ibitangaza abari bagiye kwicwa n’impanuka