in ,

Aka ni akumiro: Umva ibitutsi bikakaye Cristiano Ronaldo yatukanye na Fernando Torres

CR7-Torres1

Umukino wo kwishyura wa champions league hagati ya Real Madrid na Atletico Madrid waraye ubaye muri iri joro ryakeye wafunguye urugamba rw’ibitutsi bikomeye cyane hagati y’umukinnyi Cristiano Ronaldo rutahizamu wa Real Madrid ndete na Fernando Torres wa Atletico Madrid.

 CR7 Torres (Twitter)

Uyu mukino warangiye ikipe ya Atletico Madrid isezerewe nubwo bwose yatsinze umukino wayo, wagaragayemo amahane menshi nugushotorana ku bakinnyi, gusa ubwo Cristiano Ronaldo yegeranye na Torres batukanye ibitutsi bikakaye cyane. Fernando Torres watangije urugamba yatutse Cristiano ngo:” Espèce de clown” asobyamo nanone ngo:” Fils de Pute” bishatse kuvuga ngo umwana w’indaya. Cristiano Ntiyabyihanagniye nawe yahise amusubiza ati:”Bastardo que meter pobre perdedor” bishatse kuvuga ngo:”Mutahe iwanyu mwe muzi gutsindwa gusa.” Ibi akaba aribyo bitutsi aba bagabo batukanye.


Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba amafaranga atangira ingano bisaba kugira ngo uganire na Cristiano Ronaldo isaha imwe

Amakuru ashyushye: Ikipe ya Arsenal yamaze kubona umusimbura wa Alexis Sanchez