in ,

Agashya: PressOne Entertainment yongeye kwesa agahigo mu ruhando mpuzamahanga

Abahanzi bakorera mu record label ya PressOne Entertainment barishimira intera bamaze kugezaho muzika nyarwanda. Meddy, umwe bahanzi bakorera mu itsinda rya Press One ku munsi w’ejo abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko yishimiye umusaruro mwiza abo bakorana bagezeho aho zimwe mu ndirimbo basohoye zimaze kugira abakunzi barenga miliyoni imwe ku rubuga rwa YouTube. Ibi bidakorwa na buri muhanzi ubonetse wese.

Ibi nibyo umuhanzi Meddy yatangaje abinyujije kuri Instagram

Aba bahanzi babarizwa muri iyi record label ya PressOne bamaze kuba ibyamamare cyane ku isi hose aho izi ndirimbo zabo zakunzwe cyane kugeza nanubu ndetse zinacurangwa ku ma radiyo mpuzamahanga ndetse n’amateleviziyo akomeye cyane ku isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben n’umutima mwiza kandi uciye bugufi yashimiye abamufasha mu muziki we (inkuru irambuye)

Ibyaha ndengakamere byakozwe kubushake n’abana bato cyane mu mateka y’isi.