in ,

Agashya: Nyuma y’igihe kinini batabana, T.I yongeye gusubirana n’uwahoze ari umukunzi we kera

Umuhanzi T.I mu ntangiriro z’iki cyumweru yatangaje ko yamaze gusubirana n’uwahoze ari umukunzi we ariwe Tiny. Nkuko tubikeshya mtonews, ngo T.I na Tiny bamaze kwemeranywa ko bagiye gusubirana ndetse n’abana babo bakagaruka mu rugo kwa T.I bakabana nk’umuryango umwe.

Image result for Ti and tiny

Iri subirana rya T.I n’uwahoze ari umukunzi we kera ariwe Tiny ryatangiye guhwihwiswa ku munsi wo ku cyumweru ku munsi wa Father’s day aho aba bombi bari bambaye imyenda isa bigaragara ko hari hatangiye kuvugwa umwuka mwiza hagati yabo. Nyuma yaho bombi baje gutangaza ko basubiranye, ko bagiye kongera bakabana nk’umuryango umwe ndetse bakazana n’abana babo mu muryango.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto agaragaza imiterere n’ubwiza by’abahanzikazi nyarwanda batuma abagabo badasinzira

Ikintu umuyobozi wa Real Madrid Florentino Perez yicuza ntawe kitatera agahinda gakomeye