in ,

AGASHYA—BITUNGURANYE Cristiano Ronaldo ari kwitangira ikipe ya FC Barcelone

Mu gihe Cristiano Ronaldo utaramara n’icyumweru avuye mu biruhuko yaje asimbura ku mukino wa supercup Real Madrid yakinnye n’ikipe uyu mugabo yahaye byose Manchester United,kuri ubu ntago ashaka kwongera gusimbura ku mukino na FC Barcelone ku munsi w’ejo.

Nyuma y’umukino na Manchester United,amakuru ava mu gihugu cya Espanye yemeza neza ko uyu musore yongereye imyitozo ngo abone ko yazabanza mu kibuga ubwo Real Madrid izasanga bakeba i Camp Nou  aho bazaba bamukeneye cyane kurusha uko bamukeneye kuri Man Utd.

Ni wo mukino wa mbere uzahuza Lionel Messi na Cristiano Ronaldo iyi saison akaba ari wo abafana bazahera ho bagereranya aba bagabo bombi bashobora no kuzahatanira Ballon d’Or ya 2018,Cristiano Ronaldo akaba atifuza gutangira yicaye mu gihe Messi ari mu kibuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ifoto Lionel Messi yashyize hanze ari gukora ibintu BIDASANZWE n’umugore we bigatungura abantu benshi cyane

Inkuru Ishyushye—Isomere ubugome BUDASANZWE abafana ba FC Barcelone babikiye Neymar ku mukino bazakina na Real Madrid