in ,

Agahinda: Umutoza Arsene Wenger yasabye imbabazi abafana bashakaga kumwica

Umutoza Arsene Wenger nyuma yo kongera amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Arsenal, benshi ntibashimishijwe n’aya masezerano ariko nyuma yo gutwara igikombe cya FA abafana baracururutse, gusa kuberako ataragura abandi bakinnyi bakomeye bazamufasha kwitwara neza, uyu mugabo yongeye kumererwa nabi n’abafana.

Arsene Wenger

Nkuk tubikesha ikinyamakuru London Standards, hari abafana bashatse kwica Wenger bamuziza kudashaka kuva mu ikipe ariko uyu musaza nyuma yo kumenya ko ibyo bintu byaba byarabaye yagize icyo atangaza. Yagize ati:“Look, we won the FA Cup and made 75 points, and we are of course not happy with it but some teams made worse. When we qualified for the Champions League people told me, ‘But you didn’t win a trophy. Now we won a trophy, and didn’t qualify for the Champions League, and it’s said to me, ‘Why are you not in the Champions League? That’s normal to live with but I want to focus on my job and do as well as I can and win absolutely every competition.”

Tugenekereje mu kinyarwanda Wenger yagize ati:“Murebe nkubu twatwaye FA Cup tunagira amanota 75, yego ntibaydushimishije cyane ariko hari andi makipe yakoze bibi kurushaho. Iyo twajyaga muri Champions League abantu bazaga bambaza ngo kuki tutatwaye igikombe, none ubu bari kumbaza impamvu tutagiye muri Champions League. Ibyo nibintu bisanzwe mu buzima nge icyo ndangamiye nugukora akazi kange kandi nkatwara ibikombe byose nzitabira.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyambaro ya Kim Kardashian yahuruje abantu batari bake mu muhanda (amafoto)

Isomere ukuntu Zidane ashaka gufasha Cristiano Ronaldo kwibagiza abafana ba ruhago Lionel Messi