in ,

Agahinda: Umukinnyi ukomeye w’umutaliyani yemeye ko yishe nyina na mushiki we(inkuru irambuye)

Ntibisanzwe bimenyerewe ko abakinnyi ku rwego mpuzampahanga bakora ubwicanyi cyangwa se ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi, gusa inkuru izindukiye ku kinyamakuru la gazetta del sport ndetse no kubindi binyamakuru bitandukanye byo ku mugabane w’uburayi yabaye incamugongo kubantu bose bakunda umupira w’amaguru.Image result for Solomon Nyantakyi

Umukinnyi w’imyaka 21 gusa Salomon Nyatakyi umutaliyani ufite inkomoko muri Ghana wakiniraga ikipe ya Palme yo mubutaliyani yemereye Polisi yo mu gihugu cy’ubutaliyani ko yishe Mama we umubyara w’imyaka 43 ndetse na mushiki we w’imyaka 11  abicishije icyuma gusa uyu musore akaba atavuze impamvu yamuteye kwihekura kuri ubu buryo nkuko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa polisi yo mu gihugu cy’ubutaliyani.

Iyi nkuru ikaba yababaje bikomeye abataliyani cyane cyane bene wabo n’uyu mwana bihutiye kujya mu butaliyani bavuye muri Ghana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zinedine Zidane ari mu mazi abira nyuma yo gukora igikorwa abakinnyi bafashe nk’ubugambanyi(Iyumvire)

Isomere agashya Amber Rose n’umukunzi we 21 Savage bakoze kagatangarirwa n’abantu benshi