in ,

AGAHINDA-Umukinnyi ukomeye Liverpool yashakaga kugura hasi hejuru ahuye n’ibibazo bikomeye cyane

Ikipe ya Liverpool nyuma yo kurangiza ku mwanya wa 4 biyihesha amahirwe yo gukina Champions League ariko ibanje gukina imikino izayemerera kujya mu majonjora,iri gushaka kwiyubaka aho ishaka abakinnyi nka ba Marco Reus,Pierre Emerick Aubameyang n’abandi.

Kuri ubu Marco Reus iyi kipe ya Reds yashakaga hasi hejuru yavunitse amezi 6 nyuma yo gusimburwa mu mukino bakinagamo na Frankfurt bakayitwara DFB Pokal.Uyu musore w’imyaka 27 akaba asanzwe afite ikibazo cy’imvune nubwo afite impano aho amakipe yose amushaka nka za Real Madrid,FC Barcelona na Chelsea zagiye zireka kumwiruka inyuma kubera ibibazo by’imvune ahoramo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amber Rose yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we maze abasore baravugishwa karahava (yarebe hano)

Lionel Messi akuyeho agahigo ka Cristiano Ronaldo yari afite gakomeye