in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Agahinda k’umugore umaze iminsi itanu yarabuze umurongora||yirwa yambaye ikanzu y’abageni.

Uyu mugore ukomoka muri Tanzania yatunguye abatari bake nyuma yo gutangaza ko amaze iminsi irenga itanu azenguruka umugi ashakisha umusore cyangwa umugabo wakwemera kumugira umugore we.Uyu mugore akaba avuga ko nabura umugabo muri Tanzania azakomereza mu Rwanda.

Ku mbugankoranyambaga hakomeje kugenda hakwirakwizwa amafoto yuyu mugore witwa Baby Nai uhora wambaye ikanzu yabageni mu ntoki afite icyapa cyanditseho ngo “ndashaka umugabo ufite imyaka 20 kugeza kuri 70″.

Nai yabwiye itangazamakuru ryo muri Tanzania ko yakiriye ubutumwa bw’abagabo benshi bamusaba ko bahura ariko asanga benshi bagamije ko baryamana gusa kandi atari byo ashaka.

Bivugwa ko uyu mugore yavuze ko nabura umugabo muri Dar es Salaam azakomereza mu yindi mijyi nka Arusha,Mwanza na Mbeya yamubura akerekeza mu bindi bihugu bituranye na Tanzania nka Kenya no mu Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Julietta
Julietta
2 years ago

Nashaka azajye gushakira ahandi , mu Rda natwe twarahebye imyaka ibaye myinshi!!! Jyewe ubu ndashaka umuzungu abandi byaranze pe!!!

Abashaka kwinjira muri Polisi y’igihugu bashyizwe igorora.

IFOTO Y’UMUNSI: Anita Pendo na Japhet ba RBA baje muri studio bambaye amashuka.