in ,

Agahinda: Arsene Wenger yongeye guhemukira bikomeye abafana ba Arsenal

Arsenal-fans-angry

Arsene Wenger akimara gusinya amasezerano mashya y’imyaka ibiri mu ikipe ya Arsenal yemereye abafana ba Arsenal ko agiye gukomeza ikipe ya Arsenal akagura abakinnyi bashya kugirango azabashe guhatanira ibikombe byose azitabira mu mwaka w’imikino 2017/2018. Gusa aho kugura abakinnyi bashya nabo yarafite bari kumusezeraho ndetse igihangayikishije abafana nuko abari gusezera ari abo yagenderagaho.Image result for Wenger frustrated

Amakuru azindukiye mu bitangazamakuru nka Skysport ndetse na Daily Star ndetse na The times aravuga ko umukinnyi Alex Oxlade Chamberlain atagishaka kuguma mu ikipe ya Arsenal nyuma yuko umutoza Jurgen Klopp utoza Liverpool yatangaje ko mu bakinnyi akunda imikinire yabo nuyu musore arimo ndetse n’amakipe nka Chelsea na Manchester City yigeze kwifuza uyu mukinnyi. ibi akaba aribyo byongeye kubabaza bikomeye abafana ba Arsenal.

Image result for Alex oxlade Chamberlain saying bye

Alex Oxlade Chamberlain ushaka kuva mu ikipe ya Arsenal

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto agaragaza ikimero cy’uwahoze ari umukunzi wa T.I akomeje kumushengura umutima

Inkuru ishyushye-Ikipe ya Real Madrid yibye FC Barcelone umukinnyi ukomeye