in

Aboubakar Djibrine ashobora gusimbura Haruna Niyonzima muri AS Kigali

Ntagihindutse mu itangira rya shampiyona mu mikino yo kwishyura AS Kigali ishobora kuzaba irigukinisha Aboubakar Djibrine Akuki Umunya-Nigeria wakiniraga  Mukura VS mu kibuga hagati akaba inyingi ya mwamba muri iyi kipe.

Amakuru ahari avuga ko ,nyuma yuko Niyonzima Haruna nawe usanzwe ukina ku mwanya nkuwa Aboubakar  avuye muri AS Kigali yerekeje muri Al Ta’awon SC ,mu gihugu cya Libya , ashobora guhita asimbuzwa Aboubakar  usanzwe ari umukinnyi mwiza ku mwanya nk’uwo Haruna yakinagamo kuburyo yaziba icyuho.

Aboubakar ari mu biganiro byanyuma ndetse ikizere gihari nuko uyu mugabo ntagihindutse ashobora gukomezanya na AS Kigali iri kumwanya 1 n’amanota 30 .

Imikino ya Shampiyona yo kwishyura izatangira ku itariki 20 Mutarama 2023 , ni mu gihe Haruna Niyonzima itariki 15 Mutarama 2023 igomba kumusanga mu Libya aho agiye gukinira Al Ta’awon SC.

Djibrine ashobora kwerekeza muri AS Kigali
Djibrine ashobora kwerekeza muri AS Kigali

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yasabye umuhungu kumwogosha mu myanya y’ibanga amukata imyanya y’ibanga (Critoris)

FERWAFA na MINISPORTS zigiye gutanga akavagari k’amafaranga kuri rutahizamu w’igihangange ukinira Lille yo Bufaransa maze azakinire Amavubi