in

Abaturage bo mu karere ka Karongi bari mubicu kubera hoteli y’icyitegererezo bari kubakirwa mu kiyaga cya Kivu

Twishimiye ibyiza bikomeje kutugeraho, abo ni abaturage bo mu karere ka Karongi bishimira ubwato budasanze buri kubakwamo hoteli nini cyane.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri 5 burimo kubakirwa mu Kiyaga cya Kivu muri aka karere buzatangira gukora muri uku kwezi kwa mbere 2023 niba nta gihindutse.

Ubu bwato bwitezweho kuzinjiza amafaranga no gukurura ba mukerarugendo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yateye rwaserera muri bisi nyuma yo kubona umugenzi arimo gutereta umugore we

Feitoto yahishuye icyatumye atandukana na Yanga Sc