in

Abasore babiri bari mu marira nyuma yo gusanga batereta umukobwa umwe

Abasore babiri bakomoka muri Nigeria babuze uko bifata ndetse barababara cyane nyuma yo gusanga barahisemo umukobwa umwe bombi bashaka kuzamugira umugore.

Nkuko umwe muri aba basore witwa Ayobami, yabitangaje kuri twitter ngo  yasuye inshuti ye magara maze  amumenyesha ko umukunzi we azaza aho ari kumusura ndetse ko yifuza kumumwereka.

Inshuti yahise imwinginga  ngo ntazabazure. Gusa icya babaje bombi ni igihe umukobwa yahageraga, maze basanga umukobwa wumukunzi we nawe ari umukunzi w’uwo musore.

Bombi baguye mu kantu babura uko babyifatamo ariko bashinza uwo mukobwa kubatendeka ,ababeshya ko abakunda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fofo wo muri Papa Sava witegura kurongorwa ahishuye ikintu gisekeje yakora bamutanzemo pase(Video)

Mubyara we yamwishyuriye ishuri amuhemba kumutwarira umugore