in

Abari bamaze igihe bibasira anita pendo ngo yarabyibushye ababwije ukuri ntacyo yitayeho

Abari bamaze iminsi bibasira anita pendo ngo yarabyibushye nawe yagize icyo ababwira.

Uyu munyamakurukazi akaba n’umu Mc nyuma yaho hari abantu bari baramwibasiye bavuga ko yabyibushye cyane yagiye ku rukuta rwe rwa instagram agira icyo abivugaho.

Yagize ati:”igihe namaze nyunyutse ni kinini rero nange mundeke nibyibuhire ninshake nzambare amabubu.”

Amabubu yavugaga ni bya bikanzu binini muzi bikunda kwambarwa n’abantu babyibushye cyane.

Kuri ubu anita pendo akora mu itangazamakuru kuri RBA avuga ko yishimye we n’umuryango we rero ibyo kubyibuha avuga ko ntakinu bimutwaye icyambere nuko afite ubuzima bwiza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda:Uwakoreshaga icyuma abaga ingurube yicishijwe icyo cyuma

Umunyarwenya Rusine Patrick ari mu byishimo byinshi