in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Abanyeshuri bo muri secondary b’imyaka 19 bakoze ubukwe budasanzwe (AMAFOTO)

Baravuga ngo “agahugu umuco wako akandi uwako”.niko byagenze no muri Nigeria aho umusore n’inkumi biga mu mashuri yisumbuye bakoze ubukwe buhebuje ku myaka 19 gusa.

Ni amafoto yashyuzwe hanze n’umugore wo muri Nigeria witwa Olajumoke Oluwadamilola kuri Facebook  aha yafashe umwanya asangiza abamukurikira amafoto yavuye mu birori by’ubukwe bw’aba banyeshuri bo mu mashuri yisumbuye ya Nigeriya

Nyuma yo gusangiza aya mafoto yo mu birori byubukwe, yaranditse ati:“mbifurije urukundo n’ibyishimo byose kwisi kandi twishimiye ubukwe bwanyu.Tekereza abanyeshuri b’imyaka 19 bashyingiranywe.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo kurya byagufasha kwirinda no guhangana na kanseri

Ubuzima busharira umugore wa Cristiano Ronald yanyuzemo bwateye benshi amarira