in

‘Ntabwo bazagaruka’ – Umuyobozi wa Rayon Sport yemeje ko abanyamahanga babiri batandukanye nayo

Abakinnyi babiri ba Raja Casablanca, Lahssaine Ayoub na Rharb Youssef bari batijwe ikipe ya Rayon Sports barasubira muri Morocco nyuma yuko bamaze gutandukana niyi kipe.

Aba basore bombi bari bari basinyiye Rayon Sport mbere yuyu umwaka w’imikino ku ntizanyo bavuye muri Raja Casablanca nyuma yuko aya makipe abiri agiranye amasezerano y’ubufatanye bwa hafi cyane.

Biravugwa ko Youcef Rharb yabwiye ikinyamakuru cyo muri Morocco ko we na mugenzi we batishimiye uko babayeho muri iyi kipe, ndetse basaba ubufasha ngo bisubirire iwabo.

Rayon Sport yahise ifata umwanzuro wo kubohereza iwabo, nkuko umwe mu bayobozi b’ikipe yabyemereye BNB FM Umwezi.

Yagize ati: “Nibyo, bararagenda [Youcef Rharb na Lahssaine Ayoub] vuba kandi ntabwo bazagaruka muri Rayon Sport,” nkuko Jean Luc Imfurayacu wa BNB FM Umwezi yabigaragaje.

Youcef Rharb niwe wari wigaragaje cyane aho yafashije Rayon Sport cyane, ayitsindira ibitego bibiri muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto ya Mama Cyangwe na Papa Cyangwe yasakaye kuri instagram yatumye abafana babo bacika ururondogoro

PNL: Ibyo wamenya mbere y’umunsi wa 12 – Muhadjiri ntabwo yemerewe gukina