in

Abakobwa b’I Kigali binubiye abamotari babatereta bakabatesha umutwe

Nkuko mubizi muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya coronavirus, ibihugu bitandukanye byagiye bifata ingamba zidasanzwe mu rwego rwo kwirinda ko iki cyorezo cyakomeza gukwirakwira cyane, akaba ari muri urwo rwego hano mu Rwanda, abantu bakomeje gukangurirwa kwishyura moto bakoresheje telefone zabo mu buryo buzwi nka mobile money.

Ubu buryo bwo kwishyura rero bukaba bukomeje gutuma abakobwa babangamirwa n’abamotari kuko hari abo bamara kwishyura bagahita basigarana numero zabo bakajya babandikira babatereta.

Ibi rero bakaba batabyishimiye nabusa ndetse yewe umwe muribo akaba yasabye ubufasha police y’igihugu kuri iki kibazo abinyujije kuri twitter.

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyafasha abakundana kuryoherwa n’urukundo kandi rukaramba.

Dore ibyagufasha guhora wishimye mu buzima.