in ,

Abakobwa babeshyewe ubutinganyi babihakanye bivuye inyuma

No gay

Mu minsi ishize hasohotse inkuru yatangajwe n’ikinyamakuru Eachamps  yavugaga ko abakobwa babiri b’abanyarwandakazi  baba muri  Leta ya Michigan (USA) ari ubutinganyi, bitewe n’amafoto abagaragaza basomana bishyiriye hanze , gusa aba bakobwa bakaba babihakana bivuye inyuma mu kiganiro bagiranye na YegoB.

Nkuko umwe muri aba bakobwa witwa Yvonne Murekatete  yabitangarije YEGOB.RW  mu ijwi rinyomoza kandi ryamaganira kure ibyabavuzweho, yagize bati:” Ni nge wari wa graduatinze kandi muri twe twese ntanumwe wiga muri kaminuza nk’uko babitanje ahubwo ndangije amashuri yisumbuye. Mugenzi wange, Fifi yari yaje kunshyigikira nk’inshuti”

 yakomeje agira ati:” Nge na mugenzi  wanjye twembi dufite aba boyfriends(abahungu bakundana nabo)kandi ntidushyigikiye na gato ubutinganyi. Rero mudufashe iyo nkuru iteshwe agaciro mu gihugu cyacu, kuko nubwo turi mu gihugu cyemera abatinganyi, twe dukomeye ku muco twatojwe n’ababyeyi ndetse n’igihugu

Ibi rero bikaba aribyo binyomoza inkuru yari yasakaye ko aba bakobwa bombi baba ari abatinganyi kandi ubwabo n’imyemerere yabo itabyemera

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi ni inkuru nziza ku bakunzi ba Lionel Messi no ku ikipe ya Fc Barcelona

Urukundo ruragurumana hagati ya Selena Gomez na The Weeknd (amafoto)