in

Abakinnyi b’umupira w’amaguru b’ibihangange ku isi bagiye bafungwa

Mu minsi ishize umukinnyi wanditse amateka akomeye ku isi ndetse agishimisha abantu batandukanye bakunda umupira w’amaguru hirya no hino ku isi by’umwihariko abafana ba Fc Barcelone, Ronaldinho yagaragaye mu binyamakuru bitandukanye avugwaho gufungwa nyuma yo gufatanwa impapuro z’impimbano mu gihugu cya Paraguay.

Uyu munsi rero tukaba twabakoreye TOP 5 y’abakinnyi b’umupira w’amaguru bagiye baca muri Gereza kubera impamvu zitandukanye.

Ronadinho (yazize ibyangombwa by’impambano)

Joe Barton (yakubise umuntu yenda ku mwica)

Adam Johnson (yafashe ku ngufu umwana w’imyaka 15 y’amavuko)

Eric Cantona (yakubise umugeri umufana)

 

Serge Aurier (yakubise umupolisi)

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu iby’ingenzi ugomba kwirinda gukora niba ushaka kuryoherwa no gutera akabariro mu buryo busesuye.

Sunny yibasiwe bikomeye n’abafana be bamuziza ibirungo yisize.