yegob.rw
Abakinnyi babiri ba APR FC ntibakozwa ibyo gutizwa muri Marines FC - YEGOB
Rutahizamu usatira aciye mu mpande mu ikipe ya APR FC, Nizeyimana Djuma na Nkundimana Fabio ukina hagati mu kibuga ntabwo bifuza gutizwa muri Marines FC muri uku kwezi kwa Mutarama 2023. Nyuma y’uko igice cy’imikino (ibanza Phase Aller) kirangiye ikipe ya APR FC yifuje gutiza abakinnyi batanu muri Marines FC mu rwego rwo kuyifasha kuzitwara […] More
Social Mula