in

Abakekwagaho ruswa mu mezi 6 ashize batawe muri yombi

Police y’urwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu batandatu bakurikiranwaho icyaha cya ruswa ndetse no gutanga impushya zogutwara ibinyabiziga kuburyo butemewe n’amategeko.

Bane muri abo bantu ni aba polisi abandi ni abasivire, aba polisi babiri nibo bakoraga muri serivisi zo gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, abandi babiri bakoraga muzindi serivisi, abo basivire babiri bo bakoraga nkaba komisiyoneri.

Umuvugizi mukuru wa polisi y’u Rwanda, CP John kabera yavuzeko hari hashize amezi agera kuri atandatu bakurikirana iki cyaha, none nibwo habonetse ibimenyetso simusiga, bityo rero abanyabyaha batabwa muri yombi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yateye utwatsi ubusabe bw’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Carlos Alos Ferrer

Cristiano Ronaldo yakoze andi mateka nyuma yo kwerekenwa na Al Nassr umuhango ikarebwa kurusha final y’igikombe cy’isi