in

Abafana buriye Imodoka ya Mwiseneza Josiane bayibuza kugenda barwanira kumukoraho

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/josia2.jpg

Ku munsi w’ejo Mwiseneza Josiane yongeye kugaragarizwa ko ari mukobwa ukunzwe cyane kurusha abandi bakobwa bose bakandiye mu irushanwa rya Miss Rwanda mu mateka yayo, ubwo abafana be bamutangiriye mu muhanda babuza imodoka kugenda neza neza.

Ubwo Josiane yari ari muri Taxi Voiture arimo atambuka mu mugi wa Kigali, abafana be baraje buzura ku modoka yari arimo bayibuza kugenda bakajya babwira umushoferi wari ayitwaye ngo ni ayihagarike maze Miss asohoke bamubone.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mwiseneza Josiane ,Soleil de la Crête-congo-Nil”soma igisigo cyahimbiwe Josiane ukunzwe n’abatari bacye

Yannick Mukunzi yahishuye uburyo gukundwa n’abakobwa benshi byamuteranije n’umukunzi we