in ,

Abafana ba Arsenal n’abakinnyi bayo bari mu byishimo bikomeye batewe n’umutoza wabo Arsene Wenger(Iyumvire)

Arsene and Sanchez

Nyuma yuko umutoza Arsene Wenger yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri Arsenal yemereye abafana bayo ibikorwa byiza biganisha ku nsinzi no gutwara ibikombe, ibi bishimangirwa kandi nuko uyu mutoza yabashije kugura rutahizamu ukomeye Alexandre Lacazzete. Kurubu rero uyu musaza yongeye gushimisha abafana ba Arsenal nyuma y’ikiganiro yagiranye na Televiziyo ya Skysport.Wenger and Sanchez celebrating together after Arsenal's FA Cup success at Wembley in May

Nkuko ikipe ya Arsenal yari ihangayikishijwe bikomeye n’igenda ry’umukinnyi Alexis Sanchez,uyu musaza atangarije iyi Televiziyo amagambo yihumure kandi arema abafana agatima. Ubwo yabazwaga ku kibazo cy’uyu musore yagize ati:”There is not a lot to resolve with the player. I have spoken through text and it was very positive. My thoughts are always positive.”

Tugenekereje mu kinyarwanda uyu musaza yagize ati:” Ntabintu byinshi byo gukemura cyane n’umukinnyi. Navuganye n’umukinnyi ku butumwa bugufi kandi ikiganiro cyagenze neza. Ibyiyumviro byange bihora ari byiza gusa.” Bishatse kumvikanisha ko uyu mukinnyi ashobora kuguma muri iyi kipe nyuma y’igihe kirekire yifuzwa n’amakipe nka PSG, Bayern Munich na Chelsea.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abakinnyi bagize IMANA zo gukira CANCER

Ifoto igaragaza umukinnyi ukomeye wa CHELSEA asomana byimbitse n’umugore umurusha imyaka 9 yavugishije abantu batari bake