Imyidagaduro
Ese koko Nizzo (Urban Boys) yaba anywa itabi? (+ikimenyetso)

Iki n’ikibazo abenshi bibajije bamaze gukubita amaso ifoto Nizzo uririmba muri Urban boys yashyize kuri Instagram,imugaragaza ari kumwe na Radio(Good life ) ndetse na Producer Washington bari ahantu hasa n’ishyamba.
Nk’uko bigaragara ku ifoto Nizzo yashyize kuri instagram ari hagati ya Radio na Washington,n’ubwo bisaba kwitegereza cyane ,mu ntoki z’uyu musore hari igisa n’itabi ariko bigora benshi kwemeza ko ari itabi(intore) risanzwe,impamvu bigoye ntayindi n’uko ari rito cyane ikindi kandi ink’uko bizwi na benshi ,uyu musore n’umuyoboke w’idini ya Islamu,iziririza kunywa itabi n’ibindi bisindisha.
Biragoye kwemeza neza ko icyo uyu musore yarafite ari urumogi mu by’ukuri ariko kandi biragoye gusobanuro icyo yarafite mu ntoki kuko atari ikaramu cyangwa intore(itabi) isanzwe ndetse twandika iyi nkuru twagerageje kumuvugisha ariko ntibyadukundira ariko turacyagerageza.Ese wowe urabona ririya ari itabi risanzwe cyangwa n’ikindi…
-
Imyidagaduro21 hours ago
Miss Josiane nyuma yo ku muterera ivi akambikwa impeta n’umukunzi we, ibyabo byarangiye gute ?
-
Imyidagaduro19 hours ago
Fiancée w’umuhanzi Emmy aratwika koko! Igitangazamakuru gikomeye ku isi cyatangariye ubwiza bwe
-
Izindi nkuru13 hours ago
Havumbuwe impamvu za slayqueen zisigaye zijya gushakira amaronko i Mahanga zisize abakire hafi yazo
-
imikino17 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bazabanza mu kibuga ku munsi w’ejo mu mukino uzabahuza na Uganda Cranes bamaze kumenyekana
-
Imyidagaduro17 hours ago
Jules Sentore yakoresheje amagambo yuzuyemo urukundo rwa kibyeyi maze yifuriza umukobwa we isabukuru nziza
-
inyigisho17 hours ago
Uziko burya gusomana bigabanya umuvuduko munini w’amaraso mu buriri bikagabanya n’umubyibuho ukabije
-
Inkuru rusange21 hours ago
Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.
-
inyigisho12 hours ago
Umukobwa mukundana nakwitwaraho gutya uzakuremo akawe karenge kuko yamaze kukwikuramo arabiguhisha.