Imyidagaduro
Ese koko Nizzo (Urban Boys) yaba anywa itabi? (+ikimenyetso)

Iki n’ikibazo abenshi bibajije bamaze gukubita amaso ifoto Nizzo uririmba muri Urban boys yashyize kuri Instagram,imugaragaza ari kumwe na Radio(Good life ) ndetse na Producer Washington bari ahantu hasa n’ishyamba.
Nk’uko bigaragara ku ifoto Nizzo yashyize kuri instagram ari hagati ya Radio na Washington,n’ubwo bisaba kwitegereza cyane ,mu ntoki z’uyu musore hari igisa n’itabi ariko bigora benshi kwemeza ko ari itabi(intore) risanzwe,impamvu bigoye ntayindi n’uko ari rito cyane ikindi kandi ink’uko bizwi na benshi ,uyu musore n’umuyoboke w’idini ya Islamu,iziririza kunywa itabi n’ibindi bisindisha.
Biragoye kwemeza neza ko icyo uyu musore yarafite ari urumogi mu by’ukuri ariko kandi biragoye gusobanuro icyo yarafite mu ntoki kuko atari ikaramu cyangwa intore(itabi) isanzwe ndetse twandika iyi nkuru twagerageje kumuvugisha ariko ntibyadukundira ariko turacyagerageza.Ese wowe urabona ririya ari itabi risanzwe cyangwa n’ikindi…
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze