in

2 bavugwagamo umutoza ikipe ya Rayon Sports ishobora kuzana, ubuyobozi bw’iyi kipe bwamaze kubihakana bwivuye inyuma bemeza umutoza uzaza uko azaba ameze

2 bavugwagamo umutoza ikipe ya Rayon Sports ishobora kuzana, ubuyobozi bw’iyi kipe bwamaze kubihakana bwivuye inyuma bemeza umutoza uzaza uko azaba ameze

Hamaze iminsi havugwa ko umutoza Haringingo Francis ndetse na Amars utoza ikipe Y’AMAGAJU FC bashobora guhitamo umwe ugomba gutoza iyi kipe ariko ubuyobozi ntamutoza n’umwe muri aba bemera watoza iyi kipe.

Kugeza ubu amakuru dufite ni uko ubuyobozi bwa Rayon Sports ngo kugirango Haringingo Francis agaruke muri Rayon Sports ngo cyereka ubu buyobozi buriho bugiye. Ubuyobozi bw’iyi kipe buvuga ko umutoza uzazanwa ngo azaba akomoka hanze y’u Rwanda ariko ufite uruhu rwera (Umuzungu).

Ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu irakomeza gutozwa na Mohamed Wade mu gihe iyi kipe itarabona undi mutoza ariko bigomba kugera ku mukino Rayon Sports izakinamo na APR FC baramubonye. Iyi kipe irasubukura imyitozo uyu munsi itegura umukino izakinamo na Sunrise FC.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sinarongorwa n’umugabo w’umusinzi” Ntaguca kuruhande MONIA yasubije uwamubajije uko umugabo azashaka azaba ameze

“Sinabura umugabo ngo mpangayike” Zari Hassan umaze gukundana n’abagabo barenze 10 yatangaje ikintu yabura agahangayika