in ,

Reba umustar w’umunyarwandakazi wiyeretse abakunzi be mu buriri babura aho bakwirwa (AMAFOTO+VIDEO)

 

ajaklalla-horz

Mwite Joxy  n’ushaka wongereho Parker,n’umwe mu banyamidelikazi (Insta-model) bakomeye u Rwanda rufite,nyuma yuko yagiye agaraga  aberewe mu birori bitandukanye byo kumurika imideli (Nka red Avenue) ,ubu noneho yahisemo kwereka abakunzi be batari bacye uburanga bwe budakingirijwe n’imyenda myinshi .

jox

Joxy Parker yahisemo kwiyereka abakunzi yambaye imyambaro yari yararanye  kuri uyu wa Gatanu maze bamwe mu bakunzi  bakubise amaso uburanga igituza cye kiranganwa bagwa ruhabo.Uburanga bwa Parker bwivugira asa naho yirinda kubusangiza abakunzi be cyane dore ko bwari ubwambere yiyerekanye muri ubu buryo bitandukanye cyane n’inshuti ye Shaddy 

https://www.youtube.com/watch?v=-SfQXiXdXh8&feature=youtu.be

Dore uko Shaddy we abigenza

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Claude
Claude
7 years ago

Izi ndaya ntawutarazirongoye muriyi kigali

Iyumvire uko itsinda rya Trump ryabaye umuzigo kuri Barack Obama

Ukuri ku irengero rya Rwatubyaye Abdul