in ,

Jurgen Klopp yaburiye abakinnyi ba Liverpool nyuma y’umukino wabahuje na Watford

Ku munsi w’ejo ikipe ya Liverpool yanyagiye Watford iyikubita ibitego bitandatu kuri kimwe, iyi nsinzi rero kaba yaratumye Liverpool ihita ijya kumwanya wa mbere wa Championat yo mu Bwongereza, byumvikana rero ko byari ibyishimo bikomeye ku bakinnyi ndetse n’abafana ba Liverpool gusa Klopp we yababuriye abasaba kwitonda.

Liverpool manager Jurgen Klopp was all smiles after watching his side beat Watford 6-1

Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’umukino Klopp yagize ati :”Niba hari uwibwira ko kuba uri ku mwanya wa mbere urusha izindi kipe inota rimwe gusa ku munsi wa 11 wa championat hari icyo bivuze gihambaye ku gihe gisigaye cya season, uwo aribeshya cyane. ”

Roberto Firmino (left) and Philippe Coutinho (right) were on target against the Hornets at Anfield

“Tugomba kwitonda. Ubu turi ku mwanya mwiza ushoboka gusa ntakindi gihambaye cyabaye”

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yashimishijwe bikomeye n’impano yahawe na Miss Kate Bashabe (amafoto)

Miss Balbine yifashishije uko yasaga mu myaka 11 ishize maze ashimangira ko yavuye kure (ifoto)