in ,

Dore imvo n’imvano y’ubucuti budasanzwe bwa Miss Joannah na Miss Flora

Miss Keza Joannah na Miss Flora Umutoniwase ni abakobwa babiri bari mu bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda 2015. Nyuma yuko iri rushanwa rirangiye, aba bakobwa babiri bakomeje kugaragarizanya ubucuti budasanzwe hagati yabo.

Ubucuti budasanzwe bw’aba bakobwa babiri bivugwa ko bwahereye muri Boot Camp 2015 aho aba bombi bari mu marushanwa yo guhatanira ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda 2015 ryaje kwegukanwa na KUNDWA Doriane, ubu uherereye mu gihugu cya Canada aho yagiye gukomereza amashuri makuru. Nyuma ya Boot Camp 2015, Miss Joannah na Miss Flora bakomeje kugaragara henshi mu birori no mu bitaramo bari kumwe bishimana n’inshuti zabo bigaragara ko umubano mwiza wabo wakomeje ndetse ugenda ufata intera nziza uko iminsi yicuma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ukuntu umuhanzi Meddy yiteguwe hano mu Rwanda

Isomere amagambo akomeye Zidane yavuze nyuma yo gutsinda FC Barcelone agakomeretsa bikomeye abafana bayo